Ibisobanuro n'amabanga ari mu ibendera ry'Umujyi wa Vatikani

3 years ago

Ibendera ry’Umujyi wa Vatikani ryemejwe ku ya 7 Kamena 1929, umwaka Papa Piyo wa XI yasinyanye n’Ubutaliyani Amasezerano y’i Lateran, ashyiraho igihugu gishya cyigenga kiyobowe na ‘The Holy See’.

Ibendera ry’Umujyi wa Vatikani ryerekanwe ku ibendera ry’umuhondo n’umweru 1808 byo muri Leta za mbere z’ubupapa, aho hiyongereyeho ikamba ry’ubupapa n’imfunguzo ebyeri. Vatikani na the Holy See barifata nk’ibendera ntakuka rya ‘The Holy See’

Inkuru irambuye: https://bit.ly/2UPeLbZ
_________________

Niba hari igitekerezo mushaka kuduha, ubuhamya, inama cyangwa ikindi, mwaduhamagara cyangwa mukatwandikira kuri +250788824677

Kora 'Subscribe' kugira ngo wakire video zindi nziza, hano: https://www.youtube.com/c/ITABAZA

Dukurikire, bana natwe cyangwa utwandikire:
Facebook: https://web.facebook.com/itabaza.org/
Twitter: https://twitter.com/Itabaza_Ngo
https://twitter.com/ItabazaTV
IGTV: https://www.instagram.com/itabazatv/
Web: https://itabaza.org/
WhatsApp Group: https://chat.whatsapp.com/1Hxlzlg5GoTLt6eWgvzcHo
Inkunga: https://bit.ly/3ob1DLs
Email: Info@itabaza.org

#ItabazaTV
#Vatican

Loading comments...