Abazanga gufata urukingo rwa COVID-19 bazirukanwa ku kazi

3 years ago
4

Abayobozi bakuru ba Vatikani bamenyesheje abakozi mu nzego zitandukanye ko bazahura n’ingaruka zikomeye zirimo no gutakaza akazi mu gihe baba banze kwakira urukingo rwa Corona virusi.

Reuters, iviga ko Karidinali Giuseppe Bertello umwe mu bayobozi bakomeye i Vatikani yavuze ko abakozi batazafata urukingo rwa cororna virusi ku mpamvu iyo ari yo yose itari iy’ubuzima, bazoherezwa mu bigo biciriritse ndetse no mu myanya yo hasi cyane kandi bakagabanyirizwa imishahara ku kigero gikomeye ahandi babe banakurwa mu mirimo burundu.

Soma inkuru irambuye hano: https://bit.ly/3sjLqVB
_____________
Niba hari igitekerezo, ubuhamya, inama cyangwa ikindi mwifuza kutugezaho, mwaduhamagara cyangwa mukatwandikira kuri +250788824677

Kora 'Subscribe' kugira ngo wakire video zindi nziza zikurikira:

Kuri ITABAZA TV: https://www.youtube.com/c/ITABAZA

Dukurikire, bana natwe cyangwa utwandikire:

Facebook: https://web.facebook.com/itabaza.org/
https://www.facebook.com/ItabazaTV/
Twitter: https://twitter.com/Itabaza_Ngo
https://twitter.com/ItabazaTV
IGTV: https://www.instagram.com/itabazatv/
Web: https://itabaza.org/
WhatsApp Group: https://chat.whatsapp.com/1Hxlzlg5GoTLt6eWgvzcHo
Inkunga: https://bit.ly/3ob1DLs
Email: Info@itabaza.org
itabazatv@gmail.com

#ItabazaTV
#Rwanda
#Burundi
#Reformation
#SDAChurch

Loading comments...